in

Umwe mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda yakorewe ibirori bya Bridal Shower (AMAFOTO)

Murebwayire Irene uri mu bahataniye ikamba rya Miss Rwanda mu 2019, agiye kurushinga ndetse yanamaze gusezerwaho n’urungano mu birori bya ‘Bridal shower’.

Mu mpera z’icyumweru turangije nibwo uyu mukobwa yasezeweho n’urungano rwe mu birori bimenyerewe nka ‘Bridal shower’.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni uburyohe hagati y’umuhanzi Ibrahim Cyusa w’imyaka 32 n’umukunzi we wizihije imyaka 49

Rwanda: Afite igitsina cy’abagabo nubwo ari umugore w’uburanga. Akunda Dj Pius na Davis D. Video