in

“Umwe avaho undi ajyaho” Uwahoze ari indaya iyoboye izindi Nyamirambo yatanze ubuhamya bw’ukuntu yaryamanaga n’abagabo 10 icyarimwe – VIDEWO

Umwe mu bahoze bakora uburaya mu mujyi wa Kigali, Nyamirambo Matimba, yatanze ubuhamya bw’ukuntu yaryamanaga n’abagabo 10 icyarimwe.

Mu kiganiro yagiranye na MIE Empire, uyu mubyeyi yavuze ko yari indaya ihagarariye izindi muri Nyamirambo Matimba, avuga ko hari igihe yaryamanaga n’abagabo 10 ku munsi.

Yavuze ko yigeze gucyurwa n’abasore 5 babaga mu nzu imwe, maze bose baryamana nawe icyarimwe, umwe ajyaho undi ajyaho.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubuzima ni buto, ni ukuburya ducuranwa” Ifoto y’abakobwa babiri bari baheneranye bari gukora ibiterasoni ikomeje kuvugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga

Ntacyabuza Impala gucuranga! Impala zirimo amaraso mashya mu ngeri zose zongeye gucurangira abanyarwanda (AMAFOTO)