in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umwarimukazi yiyahuye nyuma yo kubura ibyo kugaburira abana be.

Uyu mwarimukazi uzwi ku izina rya Madamu Yusuf Bosede Khadija, biravugwa ko yiyahuye muri Leta ya Kogi muri Nigeria nyuma yo kugira agahinda kenshi ko adafite ibyo gutungisha abana be.

Nk’uko amakuru abitangaza, ngo uyu mugore, bivugwa ko yari umwarimu w’ishuri ryisumbuye muri kiriya gihugu akaba yiyahuye yinaze mu iriba ry’amazi agahita yitaba Imana.

Umwe mu bakoresha Facebook, witwa Nagaziman, wabitangaje kuri uyu wa kabiri, tariki ya 5 Ukwakira, yatangaje ko uyu mugore yiyahuye kubera kwiheba kuko atari agifite amafaranga yo kwita ku bana be.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto agaragaza uburanga bw’umunyarwandakazi Natasha Ndahiro ukunzwe kuri instagram.

Ibyabaye kuri uyu mugore watwise inda ya baringa nyuma akagura abana b’impanga.