in

Umwarimukazi yafashe umuhungu ku ngufu ahita amutera inda none yahawe igihano gikakaye

Abantu baguye mu kantu nyuma yo kumva ko umwarimu w’umugore yafashe umwana w’umuhungu yigishaga ku ngufu nuko uwo mwana nawe amubera akagabo ahita amutera inda.

Nyuma y’ibyo, uwo mwarimukazi yajyanywe mu nkiko kugira ngo akurikiranweho icyo cyaha yakoze, birangira kimuhamye ahita ahanishwa igifungo cya burundu.

Abantu bakimara kumva iby’uwo mwarimu, byabasekeje ndetse biranababaza ukuntu uwo mwana agiye kwitwa papa imburagihe ku myaka 14 ndetse n’ukuntu uwo mwarimu agiye jumara ubuzima bwe bwose muri gereza.

Ubundi ntago byari bikunze kubaho cyane ko usanga umugore yafashe umuhungu ku ngufu ariko muri Nigeria umugore bamuhamije icyo cyaha ndetse baranakimuhanira bihanukiriye kugira ngo hatazigira undi ubisubira.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore ufite impumuro idasanzwe akomeje gutangaza benshi

Jack Grealish yirahuriyeho umuriro ubwo yashinzaga Pep Guadiola kutamuha ubwisanzure.