in

Umwana w’umukobwa witwa Iremakwishaka Jeanine wandikisha ukuguru kuko nta maboko agira yavuze icyo yifuza kuzaba ndetse agira nicyo yisabira abantu 

Umwana w’umukobwa witwa Iremakwishaka Jeanine wandikisha ukuguru kuko nta maboko agira yavuze icyo yifuza kuzaba ndetse agira nicyo yisabira abantu

Iremakwishaka wandikisha ukuguru gufite ubumuga nyuma yo gutsinda ikizamini cya Leta gisoza icyiciro rusange arasaba gufashwa Kugira ngo yige mu ishami rizamugeza Ku ntego zo kuba umunyamakuru.

Iremakwishaka, yanavuze ko agifite icyifuzo cyo kwiga  mu ishami ry’itumanaho  kugira ngo azabe umunyamakuru.uwo mwana akomeza avuga ko ababishoboye bamufasha akabasha kwiga mu ishuri abanyeshuri biga baba mu kigo Kandi rifite ishami ry’itumanaho yifuza kuko aho yigaga iryo shami ritahaba.

Umwana w’umukobwa witwa Iremakwishaka Jeanine , ufite ubumuga bw’ingingo  wandikisha ukuguru kuko nta maboko agira  ,arasaba gufashwa akabasha kwiga mu ishami rizamufasha kugera ku ntego ye yo kuzaba umunyamakuru.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho iyi ntambara irakizwa na nde?: Pasiteri Yongwe yavugirije induru Rocky Kimomo arangije ahita arenzaho amagambo atari meza ashobora no kumukoraho -AMASHUSHO

Gicumbi: Umusore yaguye mu buriri bw’umugore yajyaga kuryamana na we bwacya agataha