in

Umwana w’imyaka 15 ukora imodoka zigenda akomeje guzenguruka i Kigali akusanya amafaranga azamufasha gutangira amashuri yisumbuye

OLIVIER NDAYISABA ni umwana w’umuhanga cyane ufite imyaka 15.

Uyu mwana azenguruka kigali yerekana ibihangano bye anegeranya amafaranga y’ibikoresho azifashisha mu gutangira amashuri yisumbuye.

Uyu mwana asoje amashuri abanza ndetse akaba agiye gutangira amashuri yisumbuye.

Uyu mwana akora imodoka mu bikoresha bimwegereye aho yanakoze imodoka zizwe mu gukora imihanda aho yifashishije bimwe mu bikoresho byo kwa muganga.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda! Hamaze kumenyekana amakuru ateye agahinda y’umuryango wagiye kuzana umurambo wawo kwa Muganga bikarangira bahawe umurambo utari uwabo bikamenyekana bararangije gushyingura -AMASHUSHO

Kigali: Imvura yaraye iguye i Nyarugenge yasize abantu iheruheru isenya amazu n’amashuri – (Amafoto)