in

Umwana ni imari ikomeye: Hari igihugu buri mubyeyi wese wabyaye ahabwa akayabo ka miliyoni zirenga 10Frw

Mu gihe hari ibihugu byinshi biri kurwana n’ibibazo by’ubwinshi bw’abana bavuka, hari igihugu cyo muri Asia kiri kwishyura amafaranga arenga miliyoni 10 kuri buri bubyeyi wese wibarutse.

Ni icyemezo cya Leta ya Korea y’Epfo cyo guha buri mubyeyi wabyaye $10.500 (angana nka miliyoni 10 n’ibihumbi 500 Frw), kugira ngo ababyeyi bitabire kubyara bitewe n’igipimo kiri hasi cy’abitabira igikorwa cyo kubyara.

Mu mibare iheruka yo muri  2022 yagaragaje ko iki gihugu kiri mu biteye imbere, byibura umugore umwe abyara abana ku kigero cya 0.78 bavuye kuri 0.81 byariho mu mwaka wari wabanje.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abana 2 b’imyaka 15 na 16 barashwe

Bitezweho byinshi: Menya abakinnyi 11 ikipe ya APR FC ibanjemo mu kibuga