in

Umwana na Nyina bose bagaragara nk’inkumi! Umuhanzikazi Sunny ari kumwe n’umukobwa we bisaba gushishoza kugira ngo umenye umwana uwo ariwe (Amafoto)

Umuhanzikazi Sunny wamenyekanye cyane kubera indirimbo ‘Kungola’ yakoranye na Bruce Melodie, we n’umukobwa we bombi bagaragara nk’inkumi.

Aba bombi ntibajya basigana, kubera ko aho umwe agiye ni naho undi ajya doreko wagira ngo baravukana kubera ko ubarebye bose bajya kungana.

Sunny ni uyu wambaye ikanzu y’Umweru naho umwana we ni uyu wambaye wambaye ipantaro

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ni Umunyamafaranga ye uzi no kwiyoroshya muri rubanda” Kate Bashabe yagiye mu Kiyaga hagati ajya mu bwato aragashya ari nako abandi baririmba ibintu byari biryoheye ijisho (Videwo)

“Ubwo yari ku rubyiniro yarebye hejuru abona ari kugwirwa n’imvura y’amasutiye” Umuhanzi ukomeye yashimishije abafana nuko maze ab’igitsina gore bose bari aho bakura mo amasutiye baramujugunyira-VIDEWO