in ,

Umwana muto w’umukobwa umenyerewe muri ‘Nyaxo Comedy’ ari we Kellia abinyujije mu mashusho magufi yavuze ikibazo afite kimukomereye ndetse asaba n’abamukunda ku muha ubufasha cyane cyane inama zabo 

Umwana muto w’umukobwa umenyerewe muri ‘Nyaxo Comedy’ ari we Kellia abinyujije mu mashusho magufi yavuze ikibazo afite kimukomereye ndetse asaba n’abamukunda ku muha ubufasha cyane cyane inama zabo.

Uyu mwana umaze kwigarurira imitima ya benshi binyuze muri Filime z’urwenya zizwi nka Nyaxo kubera amwe mu magambo atembagaza benshi agira.

Uyu mwana witwa Kellia abinyujije mu mashusho yashyize kuri Instagram ye mu buryo bw’urwenya yasabye abantu ko bamugira inama y’icyo yakora ngo kuko ibihanga afite abifitiye ubwoba ko bitazamera mo amenyo.

Reba video hasi. 

Reba bimwe mu bitekerezo by’inama yagiriwe ndetse Nyaxo ari mu bambere bamugiriye inama.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Tiwa Savage yavuze ko atazongera kubitsa mama we ibanga kubera ibintu yamukoreye

Ni ingurukabutaka! Mu mafoto yafashwe kinyamwuga ihere ijisho igikoko cy’imodoka Umuvugizi wa Rayon Sports agendamo (AMAFOTO)