in ,

Umva uko abafana ba Rayon Sport bakomeje kuvumira Nshuti Dominique Savio ku gahera

Nshuti Savio

Nshuti Dominique Savio wakiniraga ikipe ya Rayon Sports, yarangizanyije n’ikipe ya As Kigali bemeranya ko uyu musore azayikinira mu myaka itatu iri imbere. Ibi uyu musore wakuriye mu ikipe y’abana ba Kiyovu Sports, yabihamirije ikinyamakuru yegob ubwo ikipe ya Rayon Sports yakiniraga yari imaze gusezererwa muri 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro. Savio yagize ati: “Ni byo twarangizanyije na As Kigali. Bampaye miliyoni 16,imodoka ndetse banyemerera kuzajya banyishyurira inzu. Nashimira Rayon Sports ku bintu byose yankoreye kuko aho ngeze hano ni yo yabikoze.”

Image result for Nshuti dominique savio

Savio, yavuze ko yemeye gusinyira As Kigali kuko ari yo yemeye kumuha ibyo yari yamusabye byose harimo ko nihagira ikipe yo hanze imushaka As Kigali yahita imusezera, gusa ni mu gihe ikipe imushaka yemeye gutanga ibihumbi 80 by’amadorali.

Abafana ba Rayon Sport bavumiye ku gahera uyu musore bamushinja kuba indashima kandi ikipe ya Rayon Sport ntacyo itamuhaye.

Dore amagambo atandukanye y’abakunzi ba Rayon sport yavugaga nabi Savio:

savio

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itegure umwe muri aba bakinnyi mu ikipe ya Arsenal igihe Alexis Sanchez aba ayivuyemo

Iby’urukundo rwa Kylie Jenner na Travis Scott byageze ku iherezo!