in

Umva ko yigenje! Davido Aba-Islam bari bamwirengeje abyita imikino

Umuhanzi Davido nyuma igitutu yageze aho yemera gusiba videwo yari yasohoye yerekana Aba-Islam bari mu rusengero “mosque” bari guhamiriza aho gusenga.

Bosi w’inzu itunganya umuziki ya ‘Davido Music Worldwide (DMW)’ David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido muri muzika, we n’umuhanzi yasinyishije muri iyo nzu ye, ‘Logos Olori’, bari bamaze iminsi bari ku gitutu cyo gusiba aka videwo bashyize ku mbuga nkoranyambaga zabo berekana Aba-Islam bari mu rusengero (mosque) bari kubyina byacitse.

Iyi Videwo bari bashyize kuri Twitter zabo, ikaba yarateje impaka cyane ku mbuga nkoranyambaga abantu bagaragaza ko ari ugusuzugura Aba-Islam ngo kuko yabagaragazaga barimo kubyina muri Mosque aho gusenga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Rayon Sports yantenze bikomeye ubushobozi bw’umukinnyi yasanze muri iyi kipe ndetse benshi bemeza ko yari anayoboye abanyarwanda ba Gikundiro

Nyuma y’uko Mutoni Assia atangaje ko agiye ku gura Album ya Bwiza amafaranga asaga Miliyoni 1frw ibitutsi bya bamwe mu bafana be bimugeze ahabi