in

Umuzamu w’ikipe ya APR FC Pavelh Ndzila akomeje gukomerwa amashyi kubera ibintu yakoze -Amafoto

Mu mukino w’ishuraniro Aho APR FC yatsinze Rayon Sports ibitego 2-0 bya Niyigena Clement Clement na Niyibizi Ramadhan.

Wari umukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino wa 2023-24 wo Rayon Sports yari yakiriyemo APR FC kuri Kigali Pelé Stadium.

Amakipe yombi yagiye gukina APR FC ari yo iyoboye urutonde n’amanota 55, Rayon Sports ya kabiri ifite amanota 45.

Muri uyu mukino umuzamu w’ikipe ya APR FC Pavelh Ndzila yakoze akazi gakomeye cyane kuko yakuyemo imipira myinshi yari kuba yavuyemo ibitego bikaba bikomeje gutuma benshi bamukomera amashyi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru itangaje! Umugabo nyuma yo gucika amaboko yombi azize impanuka abaganga bamuteyeho andi maboko mazima -Amafoto

Imbere y’itangazamakuru The Ben yasabye imbabazi Bruce Melodie ku ikosa yamukoreye muri 2017