in

Inkuru itangaje! Umugabo nyuma yo gucika amaboko yombi azize impanuka abaganga bamuteyeho andi maboko mazima -Amafoto

Ibitaro bya Ganga Ram Hospital i New Delhi mu Buhinde abaganga bo muri ibyo bitari basubije umuntu amaboko yombi nyuma yaho acikiye.

Uyu mugabo yacitse amaboko yombi mu 2020 ubwo yakoraga impanuka ya gariyamoshi.

Inkuru dukesha ikinyamakuru Times Now, ivuga ko amaboko yombi yahawe uyu mugabo, yari ay’umugore witwa Meena Mehta uherutse kwitaba Imana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabonye ukuntu umugore we yita ku mwana maze biramunezeza! The Ben yashimishijwe no kubona ukuntu Pamela yateruye umwana maze amusinzirira mu gatuza aramwiyegamiza – AMAFOTO

Umuzamu w’ikipe ya APR FC Pavelh Ndzila akomeje gukomerwa amashyi kubera ibintu yakoze -Amafoto