in

Umuzamu ukunzwe na benshi hano mu Rwanda kubera kutitsindishwa agiye kurongora

Umuzamu ukomeye wigaragaje cyane umwaka ushize w’imikino Sebwato Nikolas agiye gushaka umugore.

Uyu muzamu ukomoka mu gihugu cy’ubugande Sebwato Nikolas amaze iminsi arimo gutegura ubukwe nyuma y’igihe kinini akunzwe n’abantu benshi bakurikira shampiyona y’u Rwanda.

Sebwato Nikolas agiye kongera amasezerano mu ikipe ya Mukura Victory Sports nyuma y’ibiganiro yagiranye n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Uyu muzamu agiye guhabwa Milliyoni 12 z’amanyarwanda akazajya ahembwa Milliyoni 1 buri kwezi.

Bivugwa ko impamvu yakomeje kugora ikipe ya Mukura Victory Sports ndetse akanaganira n’ikipe ya Rayon Sports nubwo bitagenze neza byari uko ashaka amafaranga ahagije yo gukoresha mu myiteguro y’ubukwe afite mi minsi micye iri imbere.

Sebwato Nikolas agiye gushaka umugore

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ni kenshi kuri Ndayizeye Samuel wa Rayon Sports wapfushije umugore we

Wagirango U Rwanda rwakinaga ari benshi mu kibuga! U Rwanda rwihanangirije Tanzania ku buryo ufashe amanota ya Tanzania ukayakuba 2 atangana nay’u Rwanda