in

Umuzamu Ndoli Jean Claude wasezeye kuri ruhago yasigiye ubutumwa bukomeye umuzamu kwizera Olivier

Umuzamu Ndoli wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda ndetse akaza kubaka izina rikomeye ubwo yakiniraga ikipe ya APR FC .

Ndoli wakiniye amakipe hafi ya yose akomeye mu Rwanda arimo: Police FC, APR FC, Kiyovu Sports, AS Kigali, Musanze FC, Gorilla FC ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi.

Kuri uyu munsi umuzamu Ndoli ugeze mu zabukuru yafashe icyemezo cyo gusezera kuri ruhago maze asigira umuzamu abonamo icyizera kwizera Olivier ubutumwa bukomeye.

Ndoli ati” Olivier Kwizera ni umukinnyi ufite impano zose zishoboka, nanjye ukina nemera ko andusha impano bigendanye n’ibyo yifitemo, Ndetse yongeye ku mugira inama yo kwitekerezaho maze agakora ibyo abanyarwanda bamwitezeho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

« Isabukuru nziza ku Mutuzo w’umutima wange… turagukunda cyane! » – Umufasha wa Tom Close yabwiye umwana wabo amagambo y’urukundo ku isabukuru ye

Ifoto y’umunsi; bamwe mu bakozi i Kigali barimo gukora akazi bakenyeye