in

Umuyede wakorewe isabukuru y’amavuko aterwa umucanga akomeje gutangaza abatari bacye (Videwo )

Bimenyerewe ko ubundi umuntu wagize isabukuru y’amavuko  bamumenaho amazi, gusa aha ho ntago ariko byagenze kuko uyu musore yatewe umucanga.

Ni amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umusore w’umuyede ari gukorerwa isabukuru y’amavuko Aterwa umucanga.

Bari ku ishansiye (aho bubakira) mu masaha yo gusoza akazi uyu musore yatewe umucanga karahava ubwo bagenzi be bari bari kumwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.

Bitangira uyu musore ahagaze ubundi bagenzi be bakaza bakamumenaho umucanga, abandi n’abo bakazana amazi bakamwuhagira kakahava mu gihe abandi bari bafite ibitiyo bari kumunagaho umucanga.

 

Videwo yose ibigaragaza.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO: Ikipe ya Apr Fc yabimburiye izindi gutangira imyitozo.

Reba abantu badasanzwe ku isi ,ubabonye wese yibaza byinshi(AMAFOTO)