in ,

Umutoza Zidane yatangaje umukinnyi yifuza ko yahabwa Ballon d’Or bitungura kandi bitangaza benshi

Umutoza Zinedine Zidane utoza ikipe ya Real Madrid nyuma yo kumara igihe kirekire yitegereza ubunararikinnye bw’abakinnyi beza afite ndetse n’imyitwarire yabo muri buri mukino, ubwo yabazwaga ku mukinnyi yifuza ko yatwara Balon D’Or yuyu mwaka yatangaje umukinnyi atoza ariko benshi batungurwa no kumva ko atari Cristiano Ronaldo.Image result for Zidane in press conference

Mu kiganiro Zinedine Zidane yagiranye n’ikinyamakuru Marca, ubwo bambazaga ku mukinnyi yumva ashaka ko yamwifuriza kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka gitangwa na FIFA, Zidane yavuze ko yashimishwa Franceso Isco Alarcon aramutse agitwaye byamushimisha. Byatunguye abantu benshi bitewe nuko benshi bari biteze ko avuga Cristiano Ronaldo, ariko Zidane yavuze ko ariwe mukinnyi abona ufite impano idasanzwe yakimuhesha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

EXCLUSIVE-Nizzo yiyunze na Safi nubwo atamutumiye mu bukwe bwe kandi URBAN BOYZ ntirasenyuka

Nyuma yo kwandagazwa bikomeye umugore wa SAFI yisubiriye mu CANADA