in ,

EXCLUSIVE-Nizzo yiyunze na Safi nubwo atamutumiye mu bukwe bwe kandi URBAN BOYZ ntirasenyuka

Umuhanzi Safi Madiba, umwe mu basore batatu bagize itsinda rya Urban Boyz uyu mu minsi ishize akaba yarakoze ubukwe na Judith Niyonizera wanenzwe cyane kuba ataratumiye Nizzo bakunze kwita Kaboss uririmbana na Safi Madiba mu itsinda rimwe ariryo rya Urban Boys,benshi bakaba baratekereje ku kazoza k’iri tsinda nyuma y’ubu bukwe nyamara bikaba urujijo ariko Humble Jizzo undi muririmbyi w’iri tsinda yamaze abafana urujijo.

Humble Jizzo nawe uri gutegura ubukwe n’umukunzi we Alexandria,byashyira iri tsinda mu bibazo mu gihe kizaza ariko kugeza ubu igihari ni uko nk’uko Jizzo yabishyize ku rubuga rwa Instagram,aba bagabo 3 bafite indirimbo nshya igomba gusohoka vuba bafatanyije n’umuhanzi w’icyamamare hano mu Rwanda Kitoko.Indirimbo ikazaba yitwa I miss You

https://www.instagram.com/p/BaY3DskDuPU/?hl=en&taken-by=humble_jizzo_urbanboys

Abafana b’iri tsinda baracyakomeje kwibaza niba ibi byaba bisobanuye ko Nizzo yaba yariyunze na Safi Madiba cyangwa bagiye kubishyira ku ruhande babe abanyamwuga bakore iby’umuziki birengagije ibi byose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Manchester United igiye gushyiraho agahigo katigeze gakorwa n’indi kipe iyo ari yo yose mu mateka ya Premier League

Umutoza Zidane yatangaje umukinnyi yifuza ko yahabwa Ballon d’Or bitungura kandi bitangaza benshi