in

Umutoza yaramubeshye ntabwo yigeze amubabarira: Yamen Zelfani nyuma yo gusuzugurwa na Hategekimana Bonheur ahisemo kumukorera ibintu bibi atazigera yibagirwa mu mateka ye 

Umutoza yaramubeshye ntabwo yigeze amubabarira: Yamen Zelfani nyuma yo gusuzugurwa na Hategekimana Bonheur ahisemo kumukorera ibintu bibi atazigera yibagirwa mu mateka ye.

Umunyezamu wari nimero ya mbere muri Rayon Sports Hategekimana Bonheur nyuma yo gushyamirana n’umutoza Yamen Zelfani ubwo umukino batsindagamo APR FC warangiraga ndetse aba bombi bagatukana ibitutsi nyandagazi birangiye Bonheur abihombeyemo.

Umutoza Yamen Zelfani yafashe umazamu Hategekimana Bonheur amugira nimero ya kabiri maze umwana ukiri muto Hakizimana Adolphe yongera kugirirwa icyizere cyo kubazwa mu izamu ry’ikipe ya Rayon Sports ku mukino ugiye kubahuza na Gorilla FC.

Ibi bibaye nyuma y’uko umutoza Yamen Zelfani yari yagaragaje ko nta kibazo afitanye n’uyu mukinnyi ndetse na Bonheur ubwe yari yaramaze gusaba imbabazi ariko birangiye agizwe umazamu wa kabiri kubera imyiterire ye idahwitse yagiye agaragaza ubwo yari yaragiriwe icyizere cyo kubanza mu izamu.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yarakaye ishaka guca agasuzuguro: Murera itangaje abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga gusa yahisemo gukora impinduka kugira ngo inyagire Gorilla FC 

Asize ayihesheje igikombe cy’Amahoro! Umukinnyi w’umunyamahanga waguzwe akavagari muri Rayon Sports akaba yari ayifatiye runini yayiteye umugongo ajya mu kipe y’i Nyarugenge bahora bahanganye