in

Umutoza w’umunyarwanda yagambaniye Sefu mu ikipe y’igihugu birazamba

Niyonzima Sefu ni umwe mu bakinnyi b’inkingi za mamba muri AS Kigali akaba ariyo mpamvu umutoza w’amavubi Carlos yahisemo kumwitabaza ku mukino azahuramo na Ethiopia mu gushaka itike y’igikombe cya CHAN kizabera muri Algeria umwaka utaha 2023.

Nyuma yo guhabwa imbabazi ku myitwarire mibi mibi yari yagaragaje mu mavubi, umwe mu batoza b’abanyarwanda bungirije umutoza w’ikipe y’igihugu yagambaniye Sefu ko yavunitse kandi Sefu ari muzima.

Umutoza w’amavubi yahise asaba Sefu ko akurwa mu bandi hanyuma Sefu abyamaganira kure ndetse bigera n’ubwo ajya gupimwa imvune ngo barebe uko ahagaze ataba afite imvune bikazatuma adatanga umusaruro ufatika.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya kuri prince Kid uri i Mageragere

Umunyamakurukazi Clarisse Uwimana yakorewe ibirori by’amateka byo gusezera ku bukumi (amafoto)