in

Umutoza wari witezweho gufasha ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ntabwo agitoje umukino uzaduhuza na Senegal

Umutoza wari witezweho gufasha ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ntabwo agitoje umukino uzaduhuza na Senegal

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye umwiherero ku munsi wejo hashize ariko ntabwo bari kumwe n’umutoza wari witezweho gufasha Iyi kipe.

Uyu mwiherero ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatangiye, ntabwo harimo abakinnyi bari bahamagawe barimo Manzi Thierry, Mugisha Bonheur ndetse na Ntwari Fiacre ariko n’umutoza wagombaga kungiriza Gerard Buscher ‘Jimmy Mulisa’ ntabwo azaba ari kumwe n’ikipe.

Uyu mutoza biravugwa ko impamvu ari ukubera ko agiye kujya hanze y’u Rwanda gukorera License A imwemerera kuba umutoza uri ku rwego rwo hejuru.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mbega uburyo yari ameze! Ifoto y’umunyarwenya Seburikoko yafashwe muri 1998 yatumye abantu babona ko burya ibintu byose bishoboka mu buzima -IFOTO

Ikigo gicuruza imiti yongera akanyabugabo cyareze Radiyo mukunda muri benshi kubera ko yanze kubamamariza ukundi