in

Umutoza w’Amavubi yavuze umukinnyi yitezeho insinzi byamunanira tugasezererwa

Umutoza mukuru w’Amavubi yishimiye umusaruro abasore be batanze mu gihugu cya Tanzania kuri uyu wa gatanu aho banganyije na Ethiopia mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cya CHAN 2023.

Uyu mutoza kandi mukugaruka, yavuze ko yiteze byinshi kuri rutahizamu wanzwe na APR FC akijyira muri AS Kigali ariwe Jeaque Tuyisenge nyuma y’uko asimbuye yageramo agatera umutambiko w’izamu.

Yamubwiye ko amufitiye ikizere kandi ko aziko umutambiko w’izamu yateye,  ubutaha azashota mu izamu amavubi akabasha gukomeza mu mikino ya CHAN 2023.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukura VS iratabaza nyuma yo kunanirwa kwishyura amadeni

Musore dore ikizakubwira ko umukobwa ari isugi niyo mwahurira mu muhanda