in

Musore dore ikizakubwira ko umukobwa ari isugi niyo mwahurira mu muhanda

Isugi ni umukobwa wese utari wahura n’umugabo ngo baryamane ndetse akaba atarigeze akora imirimo ivunanye yatuma ata ubusigi bwe.

Hari byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi mutiriwe mujya kubisuzumira mu buriri, dore bimwe muri ibyo;

1. Akunda kwirakaza cyane iyo ubimubajije:

 

Iyo umukobwa nta busugi agifite iyo ubimubajije niba ari isugi, agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba ndetse akabigira birebire.

 

2. Ntabwo akunda kwiyerekana:

Iyo uyu mukobwa ari ahantu runaka ntabwo aba yifuza ko hagira abantu bamwitaho cyane ngo bamurangarire.

 

3. Bakunda kwigunga:

Akenshi baba bibaza uburibwe bashobora kuzahura nabwo ndetse banibaza uwo bazaha ubusugi bwabo ko atazababaza.

 

4. Umukobwa ukiri isugi ntabwo yiyambika ubusa:

 

Uyu mukobwa w’isugi agerageza kwambara akikwiza kutikwiza no kubisakaza hose ntago umukobwa w’isugi yabikora.

Ikindi kintu cyemezwa n’abantu benshi ni uko umukobwa ukiri isugi iyo asinziriye ari mu bitotsi, ugasa nk’umukora ku gitsina asimbukira hejuru agahita akanguka akwigizayo n’iyo waba uri umukobwa mugenzi we.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’Amavubi yavuze umukinnyi yitezeho insinzi byamunanira tugasezererwa

Ubugambo mu muziki w’abanyamerika bugiye kubakoza hasi