in

Umutoza wahoze muri Rayon Sports yahawe urw’amenyo nyuma yo kugaragara asomana n’imbwa (Ifoto)

Umutoza Jorge Manuel Paixao dos Santos ukomoka mu gihugu cya Portugal yashyize hanze ifoto ari gusomana n’imbwa maze benshi bamuha urw’amenyo.

Uyu mugabo watoje Rayon Sports mu gice cy’imikino yo kwishyura (Phase Retour) mu mwaka ushize w’imikino, ntabwo yashoboye kwegukana igikombe cya shampiyona cyangwa icy’Amahoro nk’uko bari babimwitezeho.

Mu mpera z’iki cyumweru nibwo uyu mugabo yashyize hanze ifoto ku rubuga rwa Instagram ari gusomana n’imbwa ibintu byatunguye benshi mu Banyarwanda bamukurikirana.

Umutoza Jorge Manuel Paixao dos Santos asomana n’imbwa

Jorge Manuel da Silva Paixao dos Santos w’imyaka 56 y’amavuko, nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyira ikipe ya Al Yarmouk FC ibarizwa muri shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri mu gihugu cya Kuwait.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FOFO wo muri papa Sava yarongowe

Umuhanzi ukomeye mu Rwanda yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo kuvuga ikipe afana hagati ya APR FC na Rayon Sports