in

Umutoza wa Chelsea yatangaje amagambo akomeye kuri Cristiano Ronaldo

Umutoza wa Chelsea Graham Potter yatangaje amagambo akomeye kuri Rutahizamu wa Manchester United na Portugal ariwe Cristiano Ronaldo.
Potter ubwo yari mu kiganiro n’itangamakuru yabajijwe niba ikipe ye ikifuza Cristiano Ronaldo nkuko byahoze mu kwezi kwa mbere.
Potter mu magambo ye yagoze ati”Nubaha Ronaldo cyane tumwemera nk’umukinnyi ukomeye ariko ntacyo na bivugaho kuko si umukinnyi wacu”.


Cristiano Ronaldo utari mu bihe bye byiza mw’ikipe ya Manchester United kuko atakibona umwanya uhagije ndetse kuva umwaka w’imikino watangira amaze gutsinda igitego kimwe.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“nanze uyu mugabo nyuma ndicuza” abageni bato mu Rwanda

Dore ibyagufasha kugabanya ibiro nyuma yo kubyara