in

Umutoza wa APR FC yemeje ko umukinnyi w’umunyamahanga bari basigaye bagenderaho ko ashobora kutazakina umukino wa Rayon Sports

Umutoza wa APR FC yemeje ko umukinnyi w’umunyamahanga bari basigaye bagenderaho ko ashobora kutazakina umukino wa Rayon Sports.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Thierry Froger umutoza wa APR FC yagize icyo avuga ku mvune ya Gilbert na Shaiboub.

Yagize ati: “Imvune ya Gilbert Mugisha yari yoroshye yahise akira, ariko kuri Sharaf Eldin Shaiboub icyemezo cyirafatwa nyuma y’imyitozo y’uyu munsi.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa APR FC yatakambiye umutoza amusaba kuzamukinisha ku munsi wejo akamwereka ubushobozi afite ku mukino ukomeye

Ubuse ibi bintu Yolo the Queen namenya ko abikora azabyihanganira! Frida Kajala yatangaje ibintu byose Harmonize yamubeshye bagikundana