in

Umutoza Adil Mohammed wa APR FC yasabye abafana ba APR FC ikintu gikomeye cyane

Umutoza wa APR FC Adil Mohammed Erradi yatangarije abakunzi ba APR FC amagambo akomeye ku buryo yabakoze ku mitima yabo.

Yavuze ko bakwiye kwakira ibyabaye kuri APR FC nyuma y’aho basezerewe mu m’arushanwa y’amakipe yabaye ayambere iwayo muri Africa batarenze umutaru dore ko basezerewe na Us Monastiry yo mu gihugu cya Morocco.

Adil yavuze ko amakosa yose yakozwe kugira ngo basezererwe, abafana ba APR FC bakwiye kuyamushyiraho kuko abakinnyi be n’abayobozi be bitanze uko bishoboka.

Akomeza asaba abakunzi b’umupira w’amaguru bakomeje kuvuga ko abakinnyi b’abanyarwanda APR FC ikinisha badashoboye, bakwiye guhindura imyumvire kuko bamufashije gutwara ibikombe 3 bya shampiyona byikuricyirana.

Avuga ko abo bakinnyi batwaye ibyo bikombe bagiye batsinda amakipe afite abanyamahanga rero ntabona itandukaniro ry’abanyamahanga n’abakinnyi be.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO:stade amahoro mu ishusho nshya idatandukanye nizo mu burayi uzi

Chriss Eazy nyuma yo gusohora inana tayari indi hit yaje