in

“Umutima wanjye uri kumwenyura kubera uyu mugabo” inkuru ya Dr Kanimba wari urwaye indwara izwi nka ‘Parkinson’ yatumye Mutesi Jolly amwenyura mu mitima

“Umutima wanjye uri kumwenyura kubera uyu mugabo” inkuru ya Dr Kanimba wari urwaye indwara izwi nka ‘Parkinson’ yatumye Mutesi Jolly amwenyura mu mitima.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Dr Kanimba yakize indwara yari amaranye igihe yo gutitira umubiri wose izwi nka ‘Parkinson’.

Iyi nkuru yakiriwe neza mu banyarwanda, aho mu bayakiriye neza harimo na Miss Rwanda wa 2016 Mutesi Jolly.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Jolly yishimiye kuba uyu muganga yarakize.

Yagize ati: “Umutima wanjye uri kumwenyura kubera uyu mugabo. Iyi ni inkuru nziza yo kumva. Reka yongere yaguke anamuruke.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports, Alsény Camara Agogo akigera i Nyarugenge yahise agenera ubutumwa aba-Rayon

Amakuru mashya ku munyamakuru Nkundineza Jean Paul uherutse kwibasira Mutesi Jolly none ubu akaba ari i Magererage