in

“Umutima wange warakonje” Harmonize nyuma yo gutangaza ko atazongera gu kunda atangiye kuvugishwa abonye amafoto y’inkumi z’i Kigali (Amafoto)

Icyamamare mu muziki hano muri African y’uburasurazuba Harmonize ukomoka mu gihugu cya Tanzania akaba amaze kwigarurira imitima yabatari bake hano mu Rwanda kubera ibikorwa yahakoreye.

Uyu muhanzi amaze iminsi itari mike atangaje ko umutima we wakonje anavuga ko atazongera gu kunda kubera kubabazwa n’uwo bakundanaga akaza gutandukana na we witwa Kajala Frida.

Nyuma y’ibyo Harmonize yagaragaje kwicuza kwe kubera kutumvira impanuro za mama we.

Gusa n’ubwo yatangaje ibyo ntibimubuza kugomeza kugaragariza urukundo inkumi z’i Kigali kubera amafoto yazo agenda abona kwihangana bikanga akayatangaho ibitekerezo, ibyo bigatuma hibazwa niba Koko atagikubga.

Mu minsi ishize nibwo Umuhanzikazi w’umunyarwanda Ariel Wayz yashyize hanze amafoto yambaye imikenyero, Harmonize akiyakubita amaso yahise ayasamira hejuru maze ajya ahandikwa ibitekerezo agira ati ” Mukunzi wange”

Sibyo gusa kuko na Yolo The Queen nawe yashyize hanze ifoto igaragaraza ubwambure bwe yemereye Harmonize wenyi kuyitangaho igitekerezo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukunzi wa Marina yananiwe kwihanganira ibyakorewe umukunzi we, bituma Marina yirukanwa mu Kazi 

Ngewe ubu n’uwampa akazi ko murugo nakemera: Assia yatangaje ubuzima asigaye abayemo muri Amerika(Videwo)