in

Umusozi wa ‘Kanyarira’ wafunzwe na Leta kubera abantu bajyaga kuhasengera, ugiye kugirwa ahantu h’ubucyerarugendo

Umusozi wa ‘Kanyarira’ wafunzwe na Leta kubera abantu bajyaga kuhasengera, ugiye kugirwa ahantu h’ubucyerarugendo.

Umusozi wa Kanyarira uherereye mu Kagari ka Mpanda, Umurenge wa Byimana Akarere ka Ruhango, usigaye utacyakira imbaga y’abakirisitu baturutse imihanda yose mu Rwanda no mu mahanga, ugiye kugirwa ahantu nyaburanga.

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, buvuga ko bugeze kure inyigo yo guhindura uyu musozi ahantu h’ubukerarugendo bushingiye ku iyobokamana.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agiye gusesekara i Kanombe! Byiringiro Lague yasize Yannick Mukunzi na bagenzi be bakiri mu byishimo byo kwegukana igikombe cya shampiyona, we ahita afata indege aza mu Rwanda

“Uyu mukobwa nubwo yahanuka mu ndege yaza akabatwara ikamba”! Miss Muheto Divine yatumye abantu bamanika amaboko ku bwiza bwe -AMAFOTO