in

Umusore yigaramye umukunzi we ku munsi w’ubukwe nyuma yo gusanga yaramuhishe ibanga rikomeye (inkuru irambuye)

Umugabo bigaragara ko yari ategerezanyije amatsiko gushyingiranwa n’umukunzi we yakubiswe n’inkuba nyuma yo kuvumbura ko uyu mukobwa yamuhishe ibanga rikomeye cyane.

Ku munsi w’ubukwe bwabo, umukwe yakiriye amakuru avuga ko umukobwa yakundaga kandi yifuzaga kugira umugore ari umubyeyi utari uw’umwana umwe cyangwa babiri gusa ahubwo bane.

Nkuko byagaragaye mu mashusho yakwirakwiriye ku mbuga nkoranyambaga ,uyu mugeni yahishe iri banga rikomeye umukunzi we mu gihe cyose bari bamaze bakundana kugeza ku munsi w’ubukwe bwabo.

Ubwo umugabo yari amaze kumenya aya makuru, ntiyataye igihe ahubwo yahise ahagarika ubukwe, ibi byabereye muri Nigeria .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese urifuza kumenya uko wakomeza urukundo n’umukunzi wawe? Dore ibintu 5 wakora

FERWAFA yanze ubusabe bw’amakipe abiri akomeye mu Rwanda