in

Umusore yariwe amafaranga n’umusore mugenzi we

Umusore w’i Kigali yoherereje amafaranga umukobwa, ahita amwoherereza voice note amubwira ngo bahure gusa yatunguwe no gusubizwa n’undi musore amushimira amubwira ko yari yabuze amafaranga yo gusohokana uwo mukobwa none akaba ayabonye.

Ibi byumvikanye mu majwi akomeje kuzenguruka imbuga nkoranyambaga, ndetse uwo musore yahise yiyama uwo wari rwohereje amafaranga amubwira ko uwo mukobwa atari sheri we.

Benshi bakomeza kuvuga ko uyu mukobwa yari yakoze akagambane n’uwo musore kugirango bakure undi musore.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akazuba kagarutse! Uko iteganyagihe ryo mu Rwanda riraba rimeze kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Ugushyingo 2023 kuva saa 6:00 – 12:00

Yari umukene: Bruce Melodie yeruye avuga igitangaza Imana yamukoreye cyo kumuhuza na Shaggy kandi yarigeze kubura amafaranga amwinjiza mu gitaramo yigeze gukorera i Kigali