in

Umusore yakubiswe n’inkuba arebye muri telefoni ya sheri we

Umusore wo muri Nigeria yaguye mu kantu ubwo yareba muri telefoni y’umukunzi we adahari maze agasanga yirwa yandikira abagabo batandukanye abaka amafaranga.

Uyu musore n’inshuti ze bazungurutse ubutumwa bwa WhatsApp bw’uyu mukobwa babona ko yagiye asaba abagabo amafaranga ababwira ko afite ibibazo byihutirwa.

Uyu musore yabaye nk’ukubiswe ninkuba bitewe n’ibyo yari amaze kubona muri telefoni y’umukobwa yizeraga cyane ,akaba akunda abandi baagabo bikagera n’aho bamuha amafaranga.

https://www.instagram.com/reel/CfRczpylvPN/?utm_source=ig_embed&utm_campaign=loading

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore w’imyaka 50 akurikiranyweho kwica umugabo we amukubise isuka kubera amafaranga yari yamuhaye

Kabaye: Ihene yavutse ifite amatwi maremare asumba umuntu ahagaze