in

Umusore yakorewe ibitangaje n’urusamagwe yari arimo yagaza

Urusamagwe ni inyamanswa iri mu bwoko bw’amapusi ndetse ikaba igira imiterere nk’iyi ingwe ndetse n’ipusi ariko ikagira uburakari bukabije.

Hari umuntu muri Jamaica wakoze aho kororera amatungo nk’ayo yo mu gasozi, yashyizeho uwo kwita kuri ayo matungo ndetse akajya ayamenyera ibyo yifuza byose.

Umusore witwa Jesus w’imyaka 27, wari ushinzwe kwita kuri izo nyamanswa yitabye Imana nyuma yuko agiye kwagaza urusambagwe hanyuma rugahita rumuca akaboko.

Nyuma y’aho rumuriye, boss we yagerageje kumujyana kwa muganga ariko umusore we yihagararaho avuga ko adakeneye kujyanwa kwa muganga.

Nyuma yaje kugera kwa muganga amazi yarenze inkombe inkuru y’uwo musore iba irangiye ityo.

 

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yatawe muri yombi kubera ubugabo bukabije afite

Dj Brianne yasekeje abantu ubwo yagenderaga mu nkweto adasanzwe yambara (video)