in

NDASETSENDASETSE NdababayeNdababaye

Umusore yagiye gusura umukunzi we asanga bari ku musambanya

Umusore yatangaje kuri WhatsApp uburyo umukunzi we yamubeshye maze yajyayo agiye kumutungura ku isabukuru ye y’amavuko agasanga barimo kumusambanya.Nk’uko uyu musore abitangaza ngo yabyutse kare mu gitondo maze ahitamo kujya mu icumbi ry’umukunzi we atabimenyeshejwe kuko abagore ahanini bakunda gutungurwa.Yavuze ko yagiye mu icumbi ry’umukunzi we ari kumwe n’inshuti ye bamushyiriye impano.

Bahagezeyo, yavuze ko yemereye inshuti ye kubanza gukomanga ku rugi kugira ngo umukobwa nasohoka, amushyikirize impano mu buryo butangaje.Icyabatangaje cyane, undi musore bakorana yasohotse mu cyumba inshuti ye imaze gukomanga ku rugi.

Kugira ngo umutima we ubyemere ko undi musore akundana n’umukunzi we, yavuze ko yazanye terefone maze aterefona umukobwa.Igitangaje ni uko yavuze ko umukobwa yamubwiye ko ari mu mujyi kugura gas.Mu nyandiko ye hepfo yagize ati: “nibwo nahise nemera ko umukunzi wanjye aryamana n’abandi basore”;

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: umugore ufite ubumuga bwo kutumva bamugonze arimo gusabiriza ku muhanda(amafoto)

Umuslay queen yasebejwe n’inzara ze ndende ubwo yajyaga muri resitora(video)