in

Umusore w’umunyarwanda yatsindiye miliyoni 123 Rwf

Ku mugoroba wo ku wa gatanu tariki 24 Ugushyingo ni bwo Albert Munyabugingo umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’ubucuruzi kigemura ibicuruzwa kizwi nka ‘Vuba Vuba Africa Ltd’ yatsindiye ibihumbi 100 by’amadolari ya Amerika, angana na Miliyoni zirenga 123 Rwf.

Ni nyuma yo gutoranya mu bahize abandi mu mishinga 10 yari yatoranyijwe mu yindi irenga ibihumbi 27 y’abari baturutse mu bihugu 54 byo ku mugabane w’Afurika.

Albert Munyabugingo yahembwe mu irushanwa ryitwa Africa’s Business Horoes (ABH), rifasha ba rwiyemezamirimo bakiri bato gukabya inzozi.

ABH ni gahunda imaze imyaka itanu y’ubugiraneza yashyizweho n’Umuryango w’umuherwe Jack Ma (Jack Ma Foundation) na Alibaba Philanthropy byose byo mu Bushinwa, igamije gushakisha abafite impano ya ba rwiyemezamirimo bakiri bato gukabya inzozi zabo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bavuye mu kibuga buzuye ibyondo! Ikipe ya Rayon Sports WFC yagowe cyane n’umukino wo kuri uyu wa Gatandatu – AMAFOTO

“2026 twaba turi i Washington mu gikombe cy’Isi” Kwizigira Jean Claude na Axel Rugangura ba RBA bavuze icyemezo FIFA ishobora gufata maze Amavubi agahita yandika amateka yo kujya mu gikombe cy’Isi – VIDEWO