in ,

Umusore witwa Samuel yakuye ubugabo mu ipantaro ni uko ubundi yihangira umurimo wo gupfubura abakecuru basazwe n’irari gusa ibyo yaboneyemo ni impanuka nk’izindi zose zo mu kazi

Umusore witwa Samuel yakuye ubugabo mu ipantaro ni uko ubundi yihangira umurimo wo gupfubura abakecuru basazwe n’irari gusa ibyo yaboneyemo ni impanuka nk’izindi zose zo mu kazi.

Umusore witwa Samuel yasangije abakoresha imbuga nkoranyambaga ukuntu yaryamanye n’umukecuru akaza gusanga bafitanye isano.

Samuel avuga ko yahuye n’umukecuru washakaga umuntu uzajya amumara irari aho yarimumaze igihe kingana nk’amezi ane.

Nyuma y’ayo mezi, Samuel yagiye kubona umukecuru aje iwabo mu rugo ni agiraf  ngo yamuteye inda aje kubimenyesha ababyeyi be. Icyo gihe Samuel yahise ahunga.

Ubwo yari yahunze, Samuel yaje kumenya ko uwo Mukecuru ari mwishywa wa nyina atigeze amenya kuko yaherukaga iwabo Samuel akiri umwana muto.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kazungu
Kazungu
1 year ago

Ntabwo mumasano habaho mwishywa wa nyoko.habaho mubyara wa nyoko ariwe mwana wa nyirasenge cg wa nyirarume.Cg musengeneza wa nyoko ABA ari umwana wa musazawe.

Mu ijoro ryakeye habaye impanuka ikomeye cyane y’imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yasekuye ingiga z’ibiti benshi bahatakariza ubuzima

Kapiteni wa APR FC wari waratakambye asaba ko bamwirukana, ari kubyinira ku rukoma nyuma yo kwibona ku rutonde rw’abirukanywe