in

Umusore bita shitani akomeje gutera benshi ubwoba kubera isura ye(AMAFOTO)

Umusore w’imyaka 28 ukomoka muri Brazil akomeje gutera abantu ubwoba cyane cyane ab’igitsinagore bavuga ko ari shitani bitewe n’uburyo yahinduye umubiri we mu buryo budasanzwe.

Pedro Kenso avuga yatangiye guhindura imimerere y’umubiri we mu mwaka wa 2017 kandi yari afite intego yo kwishushanya ku mubiri ku rugero rw’ijana ku ijana 100% ,akanakomeza kwishyiraho ibintu bidasanzwe. Pedro ufite umugore n’abana babiri afite amahembe yita aya shitani ,ururimi rwe rufite ibice bibiri na tatuwaje (tatoo)nyinshi ku mubiri gusa avuga ko yishimira kwitwa satani ariko na none akavuga ko abagore benshi bamubona bakamuhuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Terance
Terance
2 years ago

Ibi ni ubusazi pe ubuse ibi yigize ni ibiki?

Bernard
Bernard
2 years ago

Shitani itazi uko mukuru wayo yashutse umugore se😂

0788852453

Ihere ijisho ubwiza butangaje bwa Miss w’abafite ubumuga bwo kutumva ku isi Vidisha.(Video)

Muri Miss Rwanda hagaragayemo abafite imishinga itangaje(Amafoto)