in

Umusore bita shitani akomeje gutera benshi ubwoba kubera isura ye(AMAFOTO)

Umusore w’imyaka 28 ukomoka muri Brazil akomeje gutera abantu ubwoba cyane cyane ab’igitsinagore bavuga ko ari shitani bitewe n’uburyo yahinduye umubiri we mu buryo budasanzwe.

Pedro Kenso avuga yatangiye guhindura imimerere y’umubiri we mu mwaka wa 2017 kandi yari afite intego yo kwishushanya ku mubiri ku rugero rw’ijana ku ijana 100% ,akanakomeza kwishyiraho ibintu bidasanzwe. Pedro ufite umugore n’abana babiri afite amahembe yita aya shitani ,ururimi rwe rufite ibice bibiri na tatuwaje (tatoo)nyinshi ku mubiri gusa avuga ko yishimira kwitwa satani ariko na none akavuga ko abagore benshi bamubona bakamuhuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Ihere ijisho ubwiza butangaje bwa Miss w’abafite ubumuga bwo kutumva ku isi Vidisha.(Video)

Muri Miss Rwanda hagaragayemo abafite imishinga itangaje(Amafoto)

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO