in

Umusore arambiwe famille ya mukuru we ihora ibyara abana kandi ari we ubishyurira buri kimwe

Umusore arambiwe mukuru we uhora ubyara adafite ubushobozi ari na we umuha buri kimwe.

Yagize ati:”Famille ya mukuru wanjye barakennye bagera hasi mbemerera kubafasha mu gihe bagishaka akazi. Ni njye ubamenyera ibintu byose kugera no ku mwambaro.
Bari bafite umwana umwe, ngahora mbwira mukuru wanjye ngo bihangane babe baretse kubyara undi mwana bakiri muri ubu buzima.
Ejobundi mukuru wanjye arampamagara ngo hari ikintu ashaka kumbwira, anturaho inkuru ngo yabyaye impanga eshatu.
Njye ndumva namuha isomo nkamwihorera nkareka kumufasha.
Ubu koko mwihorere muhe isomo cg nkomeze mbafashe, ubu se ejobundi ntibazongera bakambwira ngo babyaye undi?”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mfite ubwoba bwo kubwira umugore wanjye ko naryamanye n’indaya 250″umugabo w’umuhehesi ari mu marira

Ibyabaye kuri pasiteri wasabye ko bamuhamba ari muzima ngo azazuke ni agahomamunwa