in

“Mfite ubwoba bwo kubwira umugore wanjye ko naryamanye n’indaya 250″umugabo w’umuhehesi ari mu marira

Umugabo w’umuhehesi yashenguwe umutima n’uko yaryamanye n’abagore bindaya bagera kuri 250 ndetse akaba afite ubwoba bwo kubibwira umugore we bashyingiranywe.

Avuga uburyo yakunze indaya nyinshi, uyu mugabo yavuze ko yokamwe n’ubusambanyi kugeza aryamanye nindaya 250 zose.Avuga ko nubwo yakoze ibyo ariko atigeze abibwira umugore we ndetse akaba afite ubwoba bwo kubivuga.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Papa yantaye mfite imyaka itanu “Wa musore mwiza ukunzwe muri gospel yahishuye byinshi ku buzima bwe

Umusore arambiwe famille ya mukuru we ihora ibyara abana kandi ari we ubishyurira buri kimwe