in

Umusore agiye kurongora abakobwa batatu batwite.

Umugabo wo muri Leta ya Delta bivugwa ko arimo kwitegura gukora ubukwe n’abagore 3 bose yateye inda ubu bakaba bakuriwe cyane.

Umwe mu bakoresha Twitter witwa @MrsZanga yatangaje ko uyu mugabo wo muri Nigeria yitegura gushyingiranwa icyarimwe n’aba bagore 3 bamutwitiye inda z’imvutsi ndetse ko bimuteye ishema.

Uyu aje akurikira undi mugabo nawe ukomoka muri Delta wateye intambwe idasanzwe arongora abagore babiri batwite ku munsi umwe nawe wamamaye ku mbuga nkoranyambaga mu minsi ishize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibidasanzwe utazi biba ku mubiri w’umuntu urimo kurangiza mu gihe cyo gutera akabariro.

Uburyo abasore bandikira abakobwa bakibeshya ko bashaka imibonano.