in

Umusobanuzi wa firime Rocky Kimomo yasabye ikinu gikomeye kugirango u Rwanda rukomeze kuba rwiza

Umusobanuzi wa Filme akanaba na Rwiyemezamirimo Rocky Kimomo  yavuze ko hakenewe ubufatanye kugira ngo u Rwanda rukomeze kuba rwiza.

Ati “Kwibuka ku nshuro ya 29, nihanganishije abanyarwanda.

Aho twavuye hari habi, aho tugeze ni heza cyane ndetse hari n’icyizere cy’uko igihugu kizakomeza kuba cyiza n’abagituye mu gihe dufatanyije tukimika urukundo tukamagana amacakubiri n’abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi.’’

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Menya imodoka 10 zambere zihenze ku isi

Dore imbuto icumi(10) z’ingenzi ku buzima bw’ikiremwamuntu udakwiye kubura ku mafunguro ya buri munsi