in

Umusobanuzi wa filime Rocky Kimomo yatangaje ahantu hakomeye mu gihugu yavumbye irayidi

Umusobanuzi ukomeye cyane hano mu Rwanda uzwi ku izina rya Rocky Kimomo yatangaje ahantu yavumbye umuceri ku munsi w’irayidi.

Rocky Kimomo wahiriwe n’umwuga wo gusobanura amafilime ubwo aba Isilamu bizihizaga umunsi mukuru w’irayidi nyuma y’iminsi igera kuri 30 bari mu gifungo abantu batandukanye bajyiye kubavumba nk’uko bimenyerewe hano mu Rwanda rero Rocky Kimomo na we ntago yacitswe kuko yagiye kuvumba umuceri hanze ya Kigali.

Rocky Kimomo yatangaje ko kuri uyu munsi w’irayidi yavumbiye ipilawu i Rubavu muri Gisenyi mu magambo ye yagize ati:” Rubavu niho navumbye irayidi” akaba yabinyujije ku rubuga rwa Instagram.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aho yaciye ntihaca urwango: Meddy Saleh wabyaranye na Shaddy Boo yamwibukije ko ari agacecuru ku isabukuru ye y’amavuko

Noneho yikwije! Bwa mbere Yolo The Queen uzwiho kwambara impenture yagaragaye yambaye imyenda ihisha umubiri we wose (AMAFOTO)