in

YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umuslay Queen w’imyaka 93 akomeje gutungurana kubera imyambarire ye (AMAFOTO)

Umukecuru w’imyaka 93 ufatwa nk’umuslay queen ushaje cyane akomeje gutungurana kubera imyambarire ye imugaragaza nk’inkumi.

Uyu mukecuru ukunda ibijyanye n’imyambarire, amaze kuba icyamamare ku bantu bakoresha imbuga nkoranyambaga afatwa nk’umukecuru w’umu slayqueen ukuze cyane kurusha abandi.

Helen Van Winkle avugako kugirango atangire kwiyerekana byatewe n’umwuzukuru we.

Helen yatangiye kwigaragaza muri Mata 2014 biturutse kumwuzukuru we witwa Kennedy w’imyaka 17.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Uwurukundo Emmanuel
2 years ago

Uyu mucyecuru arasekeje gusa

Umupolisi yateye abantu kumirwa ubwo yicukuriraga imva azahambwamo napfa

Burkina Faso yanditse amateka muri AFCON 2021