in

Umusizi Rumaga yahishuye urwo akunda umubyeyi we ndetse avuga byinshi ku mukunzi we

Umusizi Rumaga umaze kwigarurira imitima y’abenshi kubera ubuhanga bwe mu bisigo amaze gushyira hanze ndetse aherutse gushyira hanze umuzingo wabyo.

Rumaga ukunze mu gisigo yakoranye n’umuhanzi Juno Kizigenza aho benshi bafashe icyo gisigo nk’indirimbo dore ko kiri mu njyana yanyunze benshi hanze aha.

Rumaga yahishuye urwo akunda umubyeyi wa mwibarutse maze ajya ku mbuga nkoranyambaga ze yandika amagambo y’urukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu kibuga gishya: Rayon Sports yakoze imyitozo ikomeye yitegura shampiyona (Amafoto)

Rutahizamu ukomeye w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gusezererwa aho yakinaga mu ibanga rukomeye