in

Umusirimu Cristiano Ronaldo nyuma yo guca agahigo yajyanye n’umuryango we kurya ubuzima (Amafoto)

Umusirimu Cristiano Ronaldo nyuma yo guca agahigo kataragerweho n’undi mukinnyi ku Isi yajyanye n’umuryango we kurya ubuzima.

Rutahizamu w’ikipe ya Al Nasir yo muri Saudi Arabia akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal nyuma yo guca agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku Isi ubashije gukina imikino 200 yose mu ikipe y’igihugu yahise asohokana umuryango we kugira ngo bajye kurya ubuzima.

Cristiano Ronaldo hamwe n’umugore Georgia Rodriguez ndetse n’abana babo bose bagiye kurira ubuzima ku birwa bya Sardinia biherereye mu nyajya ya Mediterranean.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo n’ikiziriko: Hagaragaye amashusho y’umugore ushobora kuba ari we ufite umusatsi muremure kurusha abandi (video)

Habaye impanuka iteye ubwoba ya Gaz yaturitse maze ihitana imbaga y’abantu abandi barakomereka bikomeye