in

Umusaza yaje aje! Igisupusupu akimara gusohora indirimbo ahise abona aho agiye kuyora akavagari k’amafaranga

Abahanzi nyarwanda Nsengiyumva François uzwi cyane nka ‘Igisupusupu’, Christopher na Chriss Eazy bategerejwe i Burundi mu ruhererekane rw’ibitaramo bazahuriramo n’abahanzi bagezweho muri iki gihugu barimo Drama T, Alvin Smith n’abandi.

Ni ibitaramo byateguwe na Dj Bissoso wamamaye mu kuvanga imiziki akaba aherutse no kwinjira mu byo gutegura ibitaramo.

Bissoso avuga ko ibi bitaramo bizabera mu mijyi itandukanye yo mu Burundi, ku wa 18 Kanama 2023 kizabera mu Mujyi wa Bujumbura, ku wa 19 Kanama 2023 kizabera mu Mujyi wa Gitega, naho ku wa 20 Kanama 2023, aba bahanzi bazataramira mu Mujyi wa Ngozi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ayo madayimoni yari ahari” Mu karere ka Ruhango umugore birakekwa ko yishwe n’amadayimoni mu burya butunguranye amutsinda mu marembo

“Abandi ko babyara ukabona ntakigenda kubera konsa wowe ubigenza ute”? Kagabire Clistelle nyuma yo kwibaruka umukobwa yagaragaye yambaye agapira kagaragaraza mu nda he bituma abantu bibaza abandi bonsa ikibazo bahura nacyo iyo bamaze kubyara -AMAFOTO