in

Umuryango wa Yvan Buravan wateguye umugoroba wo kumwibuka ||Menya aho uzabera

Ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatanu tariki ya 19 Kanama 2022 ni bwo umubiri wa Yvan Buravan wagejejwe mu Rwanda ni mu gihe biteganyijwe ko azashyingurwa ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha.

Uyu muhanzi n’ubundi wakomokaga mu muryango w’abahanzi barimo Masamba Intore, Jules Sentore n’abandi, bateguye umugoroba wo kwibuka uyu muhanzi uzaba ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha tariki ya 23 Kanama 2022.

Uyu muhango uzabera muri Camp Kigali. Ijoro ryo kumwibuka rizabanzirizwa n’umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Yvan Buravan saa 17h kwinjira akaba ari ubuntu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Yadusabye kuvuga urukundo rwa kristu “NGAGA wabanye na Buravan muri korali kingdom of God yahishuye byinshi kuri we (video)

Hateguwe umugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Yanga