in

Umurundikazi wimye Dogiteri Nsabi yongeye kumwishima hejuru

Umurundikazi wimye Dogiteri Nsabi yongeye kumwishima hejuru.

Umurundikazi Perry ukinana na Dogiteri Nsabi urwenya, yongeye kumwiryaho.

Ubwo Nsabi yagiranaga ikiganiro na Murindahabi Irene, yamubwiye ko Perry yamuteye indobo.

Mu kiganiro Perry yaje kugirana na Murindahabi Irene, yaje kumwerurira ko yamwanze.

Mu kumutera indobo, Perry yamubwiye ko agomba kwiraba akiyitaho niba ashaka urukundo rwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwemeza umwanya igiye kuguraho umukinnyi w’umunyamahanga nyuma y’imyaka itari micye yari yarawirengagije

“Ayo mafaranga yose se ninge uzaba ugiye kurongorwa” Amafaranga The Ben na Pamella batse abatazagera aho ubukwe buzabera akomeje gutera impagarara -AMAFOTO