in

Umuriro watse hagati ya Adil Mohammed n’umunyamakuru Kazungu claver

Ku munsi w’ejo ubwo umukino wahuzaga ikipe ya APR FC na Etincelles FC warangiraga nibwo itangazamakuru ryegereye umutoza wa APR FC maze avuga ko aragira icyo atangaza aruko ibinyamakuru flash Fm na Radio 10 bidahari.

Umutoza Adil yavuzeko icyo apfa n’umunyamakuru Kazungu aruko yirukanye abakinnyi yazanye muri APR FC. “Ati kuva uyu munsi Kazungu imiryango ye muri APR FC irafunze ndetse n’abakinnyi yazanye nta mwanya bagifite muri ikipe yacu.

Kazungu Claver wahoze ari umuvugizi w’ikipe ya APR FC, ashinjwa n’uyu mutoza kuba akunda kumusebya kuri radio avuga ko atazi gutoza, ikipe yasubiye inyuma n’ibindi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhungu n’umukobwa basanzwe bapfiriye aho barara muri Kaminuza.

Ifoto y’umunsi: Umwana ukiri muto wagaragaye ku muhanda ari wenyine yagiye kureba amagare yakoze ku mutima abatari bake